Uburyo leta ya Kagame yapangiye Padiri Karangwa ubugome ndegakamere igamije gutesha agaciro kiliziya Gatolika.
Amakuru agera umuvugizi .com yemeza ko leta ya Kagame imaze iminsi ipanga uburyo yatesha agaciro kiliziya Gatolika ibi ikaba yari imaze iminsi yarabuze uburyo yabigeraho aribwo nyuma Perezida Kagame yaje guha amabwiriza ubicanyi we Gen Jack Nziza hamwe na Minisitiri Musoni James Musoni gushyira mu bikorwa ubwo bugome ndegakamere basebya Padiri ko yasambanye .Ku mabwiriza ya Ministiri Musoni James hamwe na Gen Jack Nziza bakoresheje Ndayishimiye Donatien , umutekinisiye wa radiyo ibogamiye kuri FPR ariyo Isango Star kugira ngo atange umugore we nk’i igikoresho cyo gusenya abihaye Imana ba kiliziya Gatolika . Abo batekenisiye ba radiyo Isango Star bakaba barabikoranye n’inzego z’iperereza ziyobowe n’abo bicanyi .
Perezida Kagame akaba yarapanze agashyira no mubikorwa imigambi mibisha yo gutesha agaciro kiliziya Gatolika babeshyera Padiri ko yasambanyije umugore w’a bandi, mu gihe Gen Jack Nziza yirirwa asambanya umugore w’abandi witwa Immaculée Nyiragakinga, naho Ministiri Musoni James nawe akaba yarabeshyeye undi Minisitiri mugenziwe mu itangazamakuru ko ariwe wasambanyije umugore w’umuyobozi tutashatse gushyira ahagaragara kubera icyubahiro cy’umuryango we, nyamara Perezida Kagame akaba yari abizi ubwe ko ari Minisitiri Musoni James wabikoze, dore ko yasambanyije umugore wa maneko umwe tutashatse gutangaza amazina mu mutamenwa wa Musoni James uri ahitwa Gacuriro, ahubwo igitangaje nubwo Perezida Kagame yaje gutabazwa n’umugabo w’uwo muyobozi Minisitiri Musoni James yari asambanyirije yaje kuryumaho .
Ikindi gitangaje, nubwo Perezida Kagame arimo gusenya kiliziya Gatorika, yananiwe gutabara umugore wa Gen Jack Nziza, dore ko yirirwa umutakira , amutabazako umugabo we amuca inyuma akirirwa asambanya umugore witwa Nyiragakinga immaculée dore ko leta ya Kagame ariyo iha iryo habara rya Gen Jack Nziza amasoko y’ubucuruzi .
Joseph , Kigali
Andikira umuvugizi kuri: info@umuvugizi.com

Gusambana kwabayobozi bikigari babeshyana ko ngo arimuburyo bwakazi. Ariko nabyemera kuko ahanini babikorsha gutera urujijo mumago yabandi bashaka kuyasenya.
Ndagirango mbwire abibebeshya ko kwuzura nabo ko arugushaka ubushuti bushigiye kuri security nubukungu baribeshya cyane. Nabo wunva baba babashora mubikorwa byoguhemukira abandi. Amaherezo barabica abandi bakabatandukanya na bagabo babo.
Muzabaze muyenzi ko byamugendekeye, ukuntu bashambanyije umugorewe bakamusaza bakamuteranya numugore we kugeza nanubu ntibarashobora kumenya ko byabagendecyeye.
Nibenshi, muzabaze uruhare bamanko ba kagame batumwe na Kagame ukuntu basenyeye Capt Tega. Binyunjwijwe ku mugore.
kagame nindi ntwaro akoresha gusenya noguteranya abantu. Kageme muzakurikirane umu DR. wize mubufaransa agataha Kagame akamwifunga bituma umugabo acika agasubira mumahanga. ibi byose sibishya. Ndashimira abagore bamwe namenye bashoboye kubananira. Simbavuga . Ariko ndabashima cyane bazakomeze batyo.
Ndagira inama abenye Nyanza abagore babo bamaneko bamaze kubacegera kumabwiriza ya Kagame ashaka kubasenya , kandi bakiha kubunga babinyujije muri FPR. icyibazo cyari gisigaye ngo na ba Nyenyanza kubera ko batacyibizera. Batagiye kubaterahjuru bahereye mumago yabo. batagiye kubigeraho.
Sindibubavuge bariyizi. barazira ko bakoranye na FPR igihe cyire cyire muzi ko nacyo aricyibazo. icyindi barazira Rujugiro na Kayumba tutaretse na karegeya.
Nabasabaga ko bakwiye kwicara nabagore babo nabagezi babo baba Nyenyanza bakiyunga bakava mumatiku nabutiriganya FPR ibabibamo batabizi.
Ubu mubucuruzi bwabo twe twese twari tuzi ko bafatanya, bakanahuza muribyinshi byatanjyiye gusa nibyababantu bari banzwi nka ba poloso bavukaga muburasura zuba bwurwanda. yarabaragije nkuko yabishakaga.baratatanye ,arabica abandi barahunga. Abanyenyanza murye muri maso. Abanyakibuye bo babaye umugani.
Ni kagame wifuza ko tumwita umucunguzi wabanyarwanda!!!! Arabikwiye tubimuheanda? Arabishaka ariko nawe abivuga abitinya akabinyuza mubandi. Ndifuza ko abanyarwanda tumushakira izina akwiye.
Gusambana kw’abategetsi ni ikizira bitera umwaku